blog

Intego si izina rikomeye n’amafaranga menshi – Ikiri ku mutima wa Ange Nyiribambe washyize hanye indirimbo nshya

Uruganda rw’umuyiki w’iyobokamana wungutse indi mpano idasanywe iri mu muririmbyi Angel Nyiribambe uherereze mu mujzi wa…

Byinshi ku giterane ”UKUBOKO K’UWITEKA” cyateguwe na Korali AGAPE ya ADEPR Nyarugenge

Korali AGAPE ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR Nyarugenge yateguye igiterane cy’iminsi ibiri gifite intego: “UKUBOKO K’UWITEKA”…

Papa mushya Léo wa XIV yamaze imyaka asangiza ubutumwa bwamagana politiki za Trump kuri Twitter.

Papa mushya watowe, Leo wa XIV, amaze imyaka atanga ibitekerezo bikomeye byamagana politiki za Perezida Trump…

Papa mushya Leon XIV ni muntu ki?

No mu gihe  izina rye ryari ritaratangazwa kuri Baliko ya Basilika ya Mutagatifu Petero, imbaga yari…

‘Turibuka’ indirimbo nshya ya Korali Isezerano ihumuriza Abakorotse Genocide yakorewe abatutsi 1994

Korali Isezerano yashyize hanze indirimbo nshya ikubiyemo ubutumwa buhumuriza Abarokotse Genocide yakorewe Abatutsi muri Mata 1994…

Asaph DFW yashyize hanze indirimbo nshya ‘Mana Yacu’

Asaph DFW ibarizwa mu rusengero rwa Zion Temple muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Texas…

Alex Dusabe agarutse mu isura nshya

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Alexis Dusabe wakunzwe mu ndirimbo nyinshi zitandukanye agarukanye…

SEE Muzik yasubiyemo “Mwami Wakomeretse” yo mundirimbo z’igitabo mu buryo bushya

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana SEE Muzik yongeye gutekereza ku ndirimbo imwe yo mugitabo…

Joyous celebration yo muri Afurika y’epfo itegerejwe i Kigali mu mpera z’uyu mwaka

Itsinda ryakunzwe n’abenshi ku mugabane w’Afurika no hanze yawo, Joyous Celebration ritegerejwe i Kigali mu gitaramo…

Serena Hotel hari kubera inama yiga k’uruhare rw’Itorero mu iterambere ry’umuryango

Kigali-Serena Hotel, kuwa 5 Ugushyingo 2024, Hari kubera inama izamara iminsi ibiri , iyi nama yiswe…